Umugaba Mukuru w'Ingabo z' u Rwanda, Gen. Mubarakh Muganga, yasabye abakinnyi ba APR FC guhigura umuhigo bagiranye ...
Abaturage bo mu Kagari ka Kagitumba kabarizwa mu Murenge wa Matimba ho mu Karere ka Nyagatare, kuri ubu baravuga ko kuba barishatsemo ibisubizo bakigurira ubutaka bw'irimbi bubegereye mu Kagari kabo ...
Bamwe mu bafite ubumuga bwo kutabona bavuga ko gukoresha ikoranabuhanga mu buzima bwabo bwa buri munsi bikomeje kubahindurira ubuzima, harimo no kubaha urumuri rubafasha kwitezimbere muri gahunda zose ...
Abatuye ku kirwa cya Gihaya mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, baravuga ko babangamiwe no kuba ivuriro rito (Poste de Sante) bari bubakiwe rimaze imyaka isaga 2 ridakora. Ibi ngo bikubitiraho ...
Abantu 27 batangiye urugendo rw’ibirometero 6470 bakoresheje amagare muri bimwe mu bihugu bigize Umuryango wa Aurika y’Iburasizuba, batanga ubutumwa bwo kubungabunga ibidukikije no guharanira umuco ...